Itangazo rya cyamunara y`ibinyabiziga muri Polisi y`u Rwanda

Polisi y`u Rwanda iramenyesha abantu bose ko hari cyamunara y`ibinyabiziga byafatiwe mubikorwa  (Operations ) bitandukanye bya Polisi.

Cyamura izabera aho ibinyabiziga biparitse kucyicaro gikuru cya polisi ku kacyiru taliki ya 10 kugeza 12 Kanama.

 

Soma itangazo ryose hano:

Image










 

Next Post

Welcome Back!

Login to your account below

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.